Amakuru aravuga ko Dani Alves yiyahuriye muri gereza - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Imbugankoranyambaga nyinshi byumwihariko X yahoze ari 'Twitter' ziri muzatangaje urupfu rw'umunya-Brazil Daniel Alves ko yiyahuriye muri gereza afungiyemo yo muri Esipanye.

Gusa umunyamategeko wa Daniel Alves avuga ko ibyo ari ibihuha byatangajwe n'umunyamakuru w'imikino usanzwe unzwiho ku menya amakuru yo muri Esipanye cyane witwa Marcelo Bechler.

Kandi Bechler ukorera TNT Sports na Rádio Itatiaia utuye I Barcelona muri Esipanye anzwiho kumenya amaku mbere yuko ibindi bitangazamakuru biyamenya ngo binayatangaze.

Marcelo Bechler umunyamakuru watangaje ibyo kwiyahura Kwa Daniel Alves.

Niwe munyamakuru watangaje ko Neymar azava muri FC Barcelona akerekeza muri Paris Saint Germain Kandi byarabaye yatangaje ko Daniel Alves azajya gukina mu Bufaransa birangira agiyeyo.

izi mpamvu Rero ziri muzituma amakuru batanze adapfa kwirengaginzwa nubwo kugeza ubu ntawurayatohoza neza ngo amenye ukuri.



Source : https://yegob.rw/amakuru-aravuga-ko-dani-alves-yiyahuriye-muri-gereza-%F0%9F%98%AD%F0%9F%98%AD%F0%9F%98%AD/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)