Mukansanga Salima uherutse kugura imodoka akayabo k'amamiliyoni menshi, yanze gusifura umukino wa Marines FC na Bugesera FC - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umusifuzi Mpuzamahanga, Mukansanga Salima Rhadia uherutse kugura imodoka akayabo ka miliyari 46Frw, ntagisifuye umukino w'umunsi wa 26 wa shampiyona uzahuza Marines FC na Bugesera FC.

Biteganyijwe ko uyu mukino uzaba ku wa Gatanu tariki ya 5 Mata kuri Stade Umuganda Saa Cyenda z'amanywa.

Amakuru atugeraho yemeza ko Mukansanga Salima ariwe ubwe wanze gusifura uyu mukino avuga ko afite urugendo kuri uyu munsi w'umukino.

Ubu hakaba hari gushakwa undi musifuzi uzasifura uyu mukino kuko yaguwaguwe ngo awusifure ariko ahite agenda.



Source : https://yegob.rw/mukansanga-salima-uherutse-kugura-imodoka-akayabo-kamamiliyoni-menshi-yanze-gusifura-umukino-wa-marines-fc-na-bugesera-fc/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)