Umuvugizi wa APR FC yavuze ikigiye gukurikira nyuma y'urupfu rw'umutoza wiyi kipe witabye Imana bitunguranye - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umuvugizi wa APR FC, Tony Kabanda, yavuze ku rupfu rw'umutoza Dr. Adel Zrane witabye Imana kuri uyu Kabiri tariki 2 Mata 2024, aguye iwe mu rugo.

Mu kiganiro yagiranye na Radiyo Rwanda mu Rubuga rw'imikino, Tony Kabanda yavuze ko iyo igihe cy'umuntu kigeze ntacyo wabihinduraho, igisigaye bagiye gufasha umuryango we.

Ati 'Igeno ry'umuntu iyo ryageze nta kundi, urabyakira, ikiba gikurikiyeho ni ugufasha umuryango, guherekeza umuvandimwe kuko yari umukozi mwiza kimwe n'abandi.'

"Igeno ry'umuntu iyo ryageze nta kundi, urabyakira, ikiba gikurikiyeho ni ugufasha umuryango, guherekeza umuvandimwe kuko yari umukozi mwiza kimwe n'abandi."

-Umuvugizi wa APR FC, Tony Kabanda, yavuze ku rupfu rw'umutoza Dr. Adel Zrane. #UrubugarwImikino #RBASports pic.twitter.com/2FB6Sx33ZT

â€" RADIO RWANDA (@Radiorwanda_RBA) April 3, 2024



Source : https://yegob.rw/umuvugizi-wa-apr-fc-yavuze-ikigiye-gukurikira-nyuma-yurupfu-rwumutoza-wiyi-kipe-witabye-imana-bitunguranye/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)