Amahirwe yo kwiga mu mahanga: China, USA, Turkey, England, Poland, France… #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ikigo kizobereye mu gufasha abashaka kwiga muri Kaminuza zo mu mahanga, Global Linked Education Service (GLES), cyatangaje ko gikataje mu gufasha abana b'u Rwanda kujya guhaha ubwenge hanze mu bihugu bitandukanye, bakagar

uka guteza imbere igihugu cyabo, aho ubu kimaze gufasha Abanyarwanda benshi cyane kandi muri serivise zitandukanye zikenerwa ku munyeshuri wese ukeneye kujya kwiga hanze y'igihugu.

Global Linked Education Service yabitangaje muri uku kwezi tariki 19 muri uyu mwaka wa 2024, ubwo yari mu gikorwa cyo gusobanurira abashaka kwiga muri kaminuza zo muri Amerika, China, Turkie, France, England, Pologne,

n'ahandi mu mashami n'ibyicaro bitandukanye.

Icyi kigo Global Linked Education Service (GLES) giherereye hano mu Mujyi wa Kigali, Nyamirambo, Maison Tresor, Floor 2-Room 2, gikomeza gitangaza ko usibye kuba bagufasha kujya kwiga mu mahanga banagufasha mu bijyanye no gushaka VISA n'ibindi byangombwa byose bikenerwa. Niba ukeneye kandi kugura ticket y'indege aho waba ugana hose wabasanga aho bakorera bakagufasha kuri aderesi twabahaye haruguru.

Gerageza amahirwe ubundi nawe winjire mu muryango mugari wifuriza Igihugu cyacu ibyiza mu bijyanye n'iterambere.



Source : https://kasukumedia.com/amahirwe-yo-kwiga-mu-mahanga-china-usa-turky-england-poland-france/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)