Umukinnyi ukomeye w'umunya-Nigeria ari gusaba gukina mu Mavubi - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Nigeria Ani Elijah ukinira ikipe ya Bugesera Fc yatangaje ko yifuza gukinira Amavubi ndetse ko yamaze no kubisaba.

Ni nyuma y'amakuru yavugwa ko uyu mukinnyi yamaze gusaba ubwenegihugu bw'u Rwanda ndetse akabuhabwa.

Yavuze ko ibivugwa ari byo gusa ngo nubwo umutoza atamuhamagaye mu bakinnyi bazifashishwa mu mikino Amavubi afite imbere, ngo we ntakimwirukansa igihe icyo aricyo cyose umutoza yabona ko hari icyo yafasha mu mavubi akamuhamagara, yiteguye gutanga ubushobozi bwe.

Ni mugihe kandi Ferwafa ivuga ko mu gihe icyo aricyo cyose babona ko hari umukinnyi wagira icyo Afasha Amavubi, bazajya bamufasha atange umusada we.



Source : https://yegob.rw/umukinnyi-ukomeye-wumunya-nigeria-ari-gusaba-gukina-mu-mavubi/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)