Abagura ubutaka mu Rwanda bibukijwe kubanza kumenya icyo bwateganyirijwe gukoreshwa - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ni ubutumwa bukubiye mu nyandiko iki kigo cyashyize hanze, ku wa 26 Kamena mu 2024, hagamijwe kugaragaza ibyo ugenzi umuntu wese ugiye kugura ubutaka mu Rwanda akwiriye kubanza kuzirikana.

Iyi nyandiko ivuga ko mbere yo kugura ubutaka 'akwiriye kumenya icyo ubutaka bwawe bwagenewe gukoreshwa n'ibyemerewe kuhakorerwa, nk'uko byagenwe n'igishushanyo mbonera, ubanze umenye niba bihuye n'umushinga wawe.'

Iri tangazo rikomeza rivuga ko 'Igishushanyombonera n'icyo utekereza kuhakorera, shaka ubundi butaka ugura buhuje n'umushinga wawe, wikwizera ko uzasaba guhinduza ukabihabwa. Umuntu ukoresha ibinyuranye n'icyo bwagenewe gukoreshwa, abihanirwa n'amategeko.'

Kimwe mu by'ingenzi abantu bashaka kugura ubutaka bagomba kwitaho ni ukumenya icyo bwagenewe gukoreshwa.
Uru rubuga rubafasha kumenya icyo ubutaka bwawe cyangwa ushaka kugura bwagenewe gukoreshwa aho bwaba buri hose mu gihugu.https://t.co/WNTNFeMEIm pic.twitter.com/PFdSTjseGA

â€" National Land Authority (@Lands_Rwanda) June 25, 2024




Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abagura-ubutaka-mu-rwanda-bibukijwe-kubanza-kumenya-icyo-bwateganyirijwe

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)