Atlético Madrid irifuza bikomeye Gallagher wa Chelsea - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Ikipe ya Atlético Madrid na Chelsea bari hafi kumvikana ku igurwa rya Conor Gallagher. Amakipe yombi ari mu biganiro byimbitse ku kiguzi cya miliyoni 35/40 z'amayero, harimo n'inyongera. Gusa, iki gikorwa cyose gizaterwa n'icyemezo cya Gallagher.

Uyu mukinnyi w'umuhanga agomba gufata umwanzuro w'aho ashaka kwerekeza kuko amasezerano ye na Chelsea azarangira muri Kamena 2025. Ibyo Gallagher azumvikana n'iyi kipe bigomba kuzagenderwa mu rwego two kugira aho yerekeza.

Atlético Madrid bamwifuje kuva muri Gicurasi uyu mwaka, ariko ntibabasha Ku mubona.



Source : https://yegob.rw/atletico-madrid-irifuza-bikomeye-gallagher-wa-chelsea/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)