Gitinyiro ibintu ibishyize ku rundi rwego! APR FC igiye kuzana rutahizamu wanyuze mu makipe akomeye i Burayi nko mu Bufaransa aje kuyifasha muri CAF Champions League - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Aprfc ishobora kwibikaho rutahuzamu unyura ku mpande witwa Jules Keita bakunda kwita 'Baba Neymar' akaba akomoka muri Guinea Conackry.

Uyu musore ufite imyaka 25 y'amavuko akinira ikipe y'igihugu ya Guinea ndetse yakiniye amakipe akomeye kumugabane w'uburayi nka Dijon, Lens zombi zo mubufaransa ndetse na CSK Sofia yo muri Bulgarian.

Yaje guhura n'ibibazo yagiranye na lens bituma agaruka iwabo murugo aho yakiniraga As karoum, ibiganiro na aprfc bigeze kure kugira ngo aze kuyifasha muri CAF Champions League.



Source : https://yegob.rw/gitinyiro-ibintu-ibishyize-ku-rundi-rwego-apr-fc-igiye-kuzana-rutahizamu-wanyuze-mu-makipe-akomeye-i-burayi-nko-mu-bufaransa-aje-kuyifasha-muri-caf-champions-league/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)