Harimo n'abakinnyi bakinanaga! Chairman wa As Kigali yifatanyije n'inshuti n'umuryango mu mugoroba wo gusezera Mukonya wapfuye aguye mu kibuga - AMAFOTO - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Kuri uyu mugoroba wo ku wa Mbere tariki 8 Nyakanga 2024, Chairman wa As Kigali SHEMA Fabrice arikumwe na bandi bayobozi bafatanyije ndetse na bakinnyi bitabiriye igitaramo cyo guherekeza bwa nyuma AHOYIKUYE Jean Paul(MUKONYA).

Mukonya wari myugariro wa AS Kigali, yitabye Imana ku wa Gatandatu w'icyumweru gishinzwe aguye mu kibuga agonganye n'umunyezamu ubwo bari mu myitozo y'abakinnyi bakanyujijeho.

Yahise ajyanwa kwa muganga gusa kubera ko yari yamize ururimi, bamugejejeyo yamaze gushyiramo umwuka.

Biteganyijwe ko azashyingurwa ejo ku wa kabiri ku irimbi ry'i Nyamirambo.



Source : https://yegob.rw/harimo-nabakinnyi-bakinanaga-chairman-wa-as-kigali-yifatanyije-ninshuti-numuryango-mu-mugoroba-wo-gusezera-mukonya-wapfuye-aguye-mu-kibuga-amafoto/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)