NEC! Itangazo ryihutirwa rigenewe abanyarwanda batigeze babasha kwiyimura kuri lisiti y'itora - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Komisiyo y'Igihugu y'Amatora, NEC, yatangaje ko Abanyarwanda batigeze babasha kwiyimura kuri lisiti y'itora, ubu bemerewe gutorera aho baherereye.

Itangazo ryagiye hanze kuri uyu wa 15 Nyakanga 2024, rigira riti 'Niba utarabashije kwiyimura, ukaba wanditse ku ilisiti y'itora, wemerewe gutorera kuri site y'itora ikwegereye ku mugereka.'



Source : https://yegob.rw/nec-itangazo-ryihutirwa-rigenewe-abanyarwanda-batigeze-babasha-kwiyimura-kuri-lisiti-yitora/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)