Dani Olmo mu miryango imwerekeza muri FC Barcelona kugeza 2030 - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Dani Olmo yamaze kwemenwa amasezerano na FC Barcelona, aho azaba afite amasezerano y'imyaka itandatu , kugeza muri Kamena 2030. Barcelona yoherereje ubusabe bushya RB Leipzig, isaba kugura Olmo ku kiguzi cya miliyoni 55 za mayero.

Haziyongeraho miliyoni €4 ndetse na miliyoni 3 za mayero zishobora gutangwa bitewe n'ibikombe bizatwara na Olmo . Olmo afite ubushake bukomeye bwo gukina muri Barça, ubu icyemezo kiri kuri RB Leipzig niba izemera ayo masezerano.



Source : https://yegob.rw/dani-olmo-mu-miryango-imwerekeza-muri-fc-barcelona-kugeza-2030/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)