Umunyamakuru Djihad yavuze ku mashusho ye Yago yashyize hanze yikinisha #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad yavuze ko amashusho ye yashyizwe hanze na Yago yikinisha yari abyiteze bitamutunguye.

Hari hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga Yago aterana amagambo n'abarimo Djihad abishinja kumwanga no gushaka kumugirira nabi.

Yago ejo hashize ku wa Kane tariki ya 28 Kanama 2024 yatangiye avuga ko ahungiye muri Uganda kubera abantu bamaze imyaka 4 bashaka kumwica.

Ati 'Rwanda nkunda nkuhunze ntakwanga ahubwo mpunze agatsiko k'abashatse kunyica mu myaka ine ishize, nkataka ariko ntawanyumvise n'umwe. Umutima wanjye urababaye cyane ariko Rwanda numpamagara nzitaba, kuko data yaragukoreye, mama arakubyarira. Uganda munyakire ndabasabye!'

Benshi baje no kongera gutungurwa n'amashusho y'umunyamakuru Djihad arimo yikinisha Yago yaje gushyira hanze.

Djihad yaje kuvuga kuri aya mashusho aho yavuze ko yari abyiteze ahubwo anamusaba gushyira hanze amashusho yose agaragaza n'uwo bavuganaga kuko ari we wayafashe.

Ati "Umva rero nzibaranguze amashusho yafashwe n'uwo twari turi kuvugana kandi nari mbyiteze ko ajya hanze, naranabyifuzaga kuko nari ndambiwe amagambo yanyu mbonye igisubizo cyiza kandi cyihuse. Ikibazo ni uko uwo twavuganaga batamwerekana.'

Yakomeje agira ati "Chou tanga video nawe urimo babone ukuri burya nutwika uzatwikire rimwe ku buryo ntakuryama mu mihanda.'

Yavuze ko atatunguwe n'iri hererekanya ry'amashusho nk'aya kuko ari ikimenyetso simusiga cy'uko ibyo bavugaga ari ukuri.

Agaruka ku kuba Yago yahungiye muri Uganda atari byo kuko umugabo mbwa ari we urwana ahunga.

Ati "Umugabo mbwa iteka arwana ahunga, kandi guhunga ibibazo siko kubicyemura.'

Ubutumwa bwa Djihad
Yago yashyize hanze amashusho ya Djihad yikinisha
Djihad ntiyatunguwe n'aya mashusho



Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/djihad-yavuze-ku-mashusho-ye-yago-yashyize-hanze-yikinisha

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)