Victor Osimhen akomeje guteza urujijo - YEGOB #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukinnyi w'umunya_Nigeria Victor Osimhen w'imyaka 25, ari mu bakinnyi bifuzwa cyane muri iki gihe cy'igura n'igurisha. Chelsea na PSG bishishikajwe no kumwegukana. Ariko ku mukura muri Napoli ntibyoroshye kubera amafaranga y'umugereka y'akataraboneka agomba kwishyurwa kugira ngo barekure uyu mukinnyi.

Chelsea cyangwa izindi kipe zimushaka zishobora kwishyura miliyoni £110 kugira ngo zibone Osimhen. Gusa hari uburyo abayobozi ba Chelsea bashobora kugerageza kugabanya ayo mafaranga, bakoresha Romelu Lukaku nk'umukinnyi w'inyongera mu biganiro.



Source : https://yegob.rw/victor-osimhen-akomeje-guteza-urujijo/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)