SAMUEL NDAYIRAGIJE umurundi byavugwaga ko ahigwa bukware na FBI ngo byagenze gute? #rwanda #RwOT

webrwanda
0

SAMUEL NDAYIRAGIJE Umurundi byavugwaga ko ahigwa bukware na FBI ngo byagenze gute?

Uyu mugabo SAMUEL NDAYIRAGIJE abatuye ARIZONA bavuze ko batamuzi baba bagiye kure y'ukuri.
Uyu mugabo ni umwe mu BARUNDI bafite icyitwa cash babonye mu gihe gito hariya muri USA mu mugi wa ARIZONA. Uyu mugabo yakoraga icyitwa SOBER LIVING HOME banakuyemo amafaranga atagira ingano. Samuel abantu benshi bakomezaga kugenda bamuvugaho byinshi bitandukanye bamwe bavuga ko ahigwa na FBI abandi ngo ntazasubira muri AMERICA. Kubera uburyo ahigwa ariko bongeye gutungurwa nuko uyu mugabo yakiriwe ku kibuga cy'indege muri arizona.

The post SAMUEL NDAYIRAGIJE umurundi byavugwaga ko ahigwa bukware na FBI ngo byagenze gute? appeared first on KASUKUMEDIA.COM.



Source : https://kasukumedia.com/samuel-ndayiragije-umurundi-byavugwaga-ko-ahigwa-bukware-na-fbi-ngo-byagenze-gute/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)