ABARENGA MILIONI BANGIWE KUREBA EL CLASSICO #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umwe mu mukino utegerejwe na benshi ku isi ni umukino uzahuza ikipe ya Real Madrid na Fc Barcelona kubera abastar aya makipe yibitseho.

Kylian Mbappe wa Real Madrid

Lamine Yamal wa Fc Barcelona

Nyuma yaho aya makipe atakaje abakinnyi benshi babaga bahanze amaso nka Cristiano Ronaldo wa Real Madrid na Lionel Messi wa Fc Barcelona, aya makipe yabashije kongera gukundisha abafana uyu mukino aho zerekanye impano zidasanzwe mu bakinnyi bazo barimo Kylian Mbappe na Lamine Yamal.

Ibi byatumye abasaga abarenga milioni babyiganira gushaka amatike y'uyu mukino uteganyijwe tariki 26 UKWAKIRA 2024 kugirango bazabashe kuwureba imbonankubone mu gihe system itanga amatike yo itaratangira gutanga amatike.

abarenga miliyoni bategereje kugura amatike

 

The post ABARENGA MILIONI BANGIWE KUREBA EL CLASSICO appeared first on KASUKUMEDIA.COM.



Source : https://kasukumedia.com/abarenga-milioni-bari-kubyiganira-kureba-el-classico/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)