MAMA WA P.DIDDY NIWE,WAMUTOJE IBYO AKORA BYOSE. #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Icyamamare mumuzicyi Sean Combs wamenyekanye nka P.diddy mubijyanye nubuhanzi nogutunganya umuzicyi,bivugwako

Sean Combs na mamawe Janice Combs

imwitwarire agaragaza yose yayikomora kuri mamawe witwa Janice Combs wamureze guhera acyiri muto, akarinda akura.

P.diddy amaze kugira imyaka itatu papawe witwa Melvin Earl Combs nibwo yaje gupfa , bivugwako intandaro yurupfurwase arabanyabiyobya bakoranaga na we bitewe nokutumvikana hagati yabo.
byatumye P.diddy asigarana na mamawe aba ariwe umurera.
byatumwe mamawe yimuka ahababaga Harlem iba muri New York bajya Mount Vernon naho nimuri New York.
ibyo byagoye mamawe kuko aho bari bimicyi hari haheze kugirango abeho anarere umwana byamusabaga gukora utuzidutatu, byari bigoye kuriwe ibyo byatumaga atabonera umwanya umwanawe cgangwa ngo amukurucyirane.

P.diddy ubwe yijyeze kwivugirako umunsi umwe ko mamawe yamutumye itabi ryo kunywa amuha amafaranga ngo ajyende arigure, munzira ajyenda ahura nabandi bana bamwaka amafaranga baranamukubita , asubiye murugo abwira mamawe uko
byajyenze mamawe amubwirako amusohocyera murugo akamuzanira itabi yamutumwe cyangwa agashaka ahandi ajya kuba.
icyo P.diddy yakoze yasubiye gushaka babana bamukubise arabinginga ngo bamusubize amafaranga gusa biba ibyubusa ahubwo barongera baramukubita,
nuko asubira murugo nanone mamawe aramubwira ko akomeje ari bihagazeho azamugarucyira murugo amuzaniye itabi yamutumwe.
P.diddy yaragiye arara kumuhanga amara iminsi mwinshi arumwana muto cyane, agarutse murugo mamawe aramubwira ati 'impamvu
naguhaye icyogihano nukugirango umenye ubugome buri mwisi',
ati 'ubutaha umuntu najya agukubita ujye ukora uku ushoboye umukubite cyane cyangwa unamumugaze kuburyo atazongera kugira
ubushobozi bwokuba yakurwanya'. ubwo nibwo burere P.diddy yakuriyeho guhera mubwanabwe.

The post MAMA WA P.DIDDY NIWE,WAMUTOJE IBYO AKORA BYOSE. appeared first on KASUKUMEDIA.COM.



Source : https://kasukumedia.com/mama-wa-p-diddy-niwewamutoje-ibyo-akora-byose/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)