Mike Tyson yavuze ko abagore ari indashima #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Umukinyi w'iteramakofi muri Leta zunze ubumwe bwa'America Mike Tyson yagize Ati : 'Naherezaga abakobwa amadolari 30.000 $ kugira ngo turarane mw'ijoro rimwe. Amazina ye nyakuri yitwa Michael Gérard Tyson umugabo wimyaka 58 yamavuko, yavukiye i New York

Uyu mugabo asanzwe akina umukino w'iteranamakofe(Boxeur), yagize icyo avuga ku buzima bwiwe bwite aho yagize ati: 'njyewe mukazi kanjye ko kurwana sinshobora kurwana Ntarabona amafaranga mbanemerewe ibyo bikaba mu bituma nyajyana mu bakobwa no mu bagore beza, nahoraga mpa abakobwa amafaranga y'amadolari 30.000 ubwo uyavunjishije mu Manyarwanda arangana 40,650,208,20 ayo mafaranga ubwo yabaga aray'ijoro rimwe.

Nari naratwawe n'abakobwa, n'igihe byandambiye nshaka kubireka byarangoyee Cyane kuko nagumye mbona abandi bakobwa beza cyane kuruta abambere nongera nipfuza Kuryamnaa nabo. Nari mfite abakobwa benshi cyane kandi Tugendana kuko numvaga atari ikirori gisumba Kurarana n'abakobwa beza cyane.

Ariko icyo nababwira kugeza ubu ntamukobwa n'umwe muri bo tukirikumwe, bamwe muri bo nabaguriye amazu amamodoka meza n'ibyo bashakaga byose ariko byarangiye benshi banyihumuyeho Kubera amahera yagiye ashira, abandi bagenda banyibye nibyo nari Mpfite.

Nari mfite amafaranga menshi cyane nahoraga nsohora mu bagore n'abakobwa ngo banyemere ariko nasanze byose aribyubusa kuko abakobwa ntakintu nakimwe wakora ngo ubemeze baguma Bashaka byinshi, naricujije ibyo nakoze nabonye ko ibyo nakoze byose byari ibyubusa.

The post Mike Tyson yavuze ko abagore ari indashima appeared first on KASUKUMEDIA.COM.



Source : https://kasukumedia.com/mike-tyson-yavuze-ko-abagore-ari-indashima/

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)