Umuyobozi wa Televiziyo Rwanda yeguye ku mirimo ye - #rwanda #RwOT

webrwanda
0

Mu itangazo RBA yasohoye kuri uyu wa 14 Ukwakira 2024, yatangaje ko Munyangeyo yeguye nyuma y'uko hatahuwe imyitwarire mibi mu buryo bukomeye yagize igihe yari kuri uwo mwanya.

RBA yatangaje ko ikirajwe ishinga no kurangwa n'ubunyamwuga n'ubunyangamugayo mu bikorwa byayo byose, iti "Tuzakomeza gutuma Televiziyo Rwanda ikorera abadukurikira, ibishyizeho umutima kandi mu buryo bunoze."

Munyangeyo Kennedy Dieudonné wari umuyobozi wa Televiziyo y'Igihugu yeguye



Source : http://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/umuyobozi-wa-televiziyo-rwanda-yeguye-ku-mirimo-ye

Post a Comment

0Comments

Post a Comment (0)